Jump to content

Kureba igihe kizaza cy’Ibidukikije by’u Rwanda

Kubijyanye na Wikipedia
ikirere

Ubu buryo ni ubwo gusubiza ikibazo gikurikira, ni gute dushobora kugera ku iterambere mu mibereho myiza y’abaturage no mu bukungu ku buryo buboneye kurushaho ku birebana n’ibidukikije kandi burushijeho guhenduka ?[1][2]

Kugeza uyu munsi, ingengo y’imari igenerwa inzego zifite ibidukikije mu nshingano zazo ni ntoya cyane ugereranije n’uburemere bw’ingorane zihura na zo mu kugena ibikorwa bijyanye no kugera ku bidukikije bifite ireme. Abarebwa n’ibidukikije basa n’abataremeje bihagije ikigega cy’imari ko ishoramari rishyashya mu bidukikije rikwiriye mu birebana n’ubukungu n'ibidukikije. Nyamara, guhera mu 2003 kugeza mu 2007, ingengo y’imari yagenewe ibidukikije yiyongereye kuva kuri 0,06% kugera kuri 1,15 % (MINITERE 2006).

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/iyo-umwana-agwingiye-kugeza-ku-myaka-ibiri-ntakira-minisante
  2. https://rba.co.rw/post/Min-Mujawamariya-Hakenewe-ubufatanye-bwinzego-mu-kubungabunga-ibidukikije#google_vignette