Jump to content

Abahinzi mu gishanga cya Mwulire

Kubijyanye na Wikipedia

Abahinzi bo mugishanga cya Mwulire ni abahinzi bakoresha igishanga cya Mwulire aha niho bahera basaba ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana mu intara y'iburasirazuba bw'u Rwanda, aha ni mumurenge wa Mwulire arinaho bakorera ubwo buhinzi, nihaho bahura n'ikibazo cy’ubutaka bagiye babwirwa ko bugiye guhabwa rwiyemezamirimo uzahacukura umucanga.[1]

Igishanga cya Mwulire ni igishanga cya Mwulire gifite ubuso bwa hegitari esheshatu, nta gihingwa cyatoranyijwe bahingamo kuko buri wese yihingiramo ibyo ashatse; hari abahingamo ibigori, imboga, imbuto, soya, ibishyimbo, ibisheke n’ibindi, Inama tubagira ni ukwishyira hamwe bagakora koperative, natwe tukabafasha dufite ba agoronome mu gukora imishinga y’ubuhinzi neza, noneho bakadusaba uburenganzira n’aho bakorera, kandi n’ubusanzwe barahafite. Bazakomeza tuzabaha hahandi bari basanganywe .[1]

  1. 1.0 1.1 https://muhaziyacu.rw/amakuru/abaturage-mu-gishanga-mwulire-barinubira-rwiyemezamirimo-ushaka-kuhabakura-akahacukura-umucanga/